Kwibuka ku nshuro ya 32 abahoze ari abakozi b'amakomini bazize Jenoside yakorewe abatutsi

Ku biro by’Akarere ka Gatsibo habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 abari abakozi b’Amakomine yahujwe akaba Akarere ka Gatsibo bazize Jenoside…
Read more →

Gatsibo: Sitasiyo za Essance zikomeje kwiyongera hirya no hino mu Karere.

Uko iterambere ry’abaturage rikomeza kuzamuka hirya no hino mu Karere ka Gatsibo, hari ibikorwa byinshi bikorwa n’ibigo bitandukanye birimo ibya Leta,…
Read more →

Gatsibo: Abaturage begerejwe serivise za MTN

Abaturage b’Akarere ka Gatsibo cyane cyane abo mu Mirenge ya Kabarore , Kiramuruzi , Muhura na Ngarama bavuga ko begerejwe serivise za MTN basigaye…
Read more →

Gatsibo: Bishyize hamwe biyubakira Gare.

Abikorera bo mu Karere ka Gatsibo mu murenge wa Kabarore bishyize hamwe biyubakira ikigo kigezweho abagenzi bategeramo imodoka(Gare) kiba igisubizo…
Read more →

Gatsibo: Umwarimu Sacco wabaye igisubizo cy’ubukungu bwa Mwarimu.

Mu Karere ka Gatsibo kimwe n’ahandi mu Gihugu hari Koperative Umwarimu Sacco ufite bakozi batanga serivise kimwe nk’andi ma banki aho abarimu baza…
Read more →

Gatsibo: Abadepite basuye amarerero y’abana bato, bashimishwa n’uburyo abana bitabwaho.

Abadepite bagize Komisiyo y’Imibereho y’Abaturage mu Nteko ishingamategeko y’uRwanda basuye Akarere ka Gatsibo bari mu gikorwa kigamije kugenzura uko…
Read more →

Gatsibo: Hatangijwe ubukangurambaga wo kwishyura ubwisungane mu kwivuza bw’umwaka wa 2025/2026 hifashishijwe sisiteme Imibereho.

Mu Nteko z’abaturage zo kuri uyu wa Kabiri taliki ya 6 Gicurasi 2025, mu Karere ka Gatsibo mu Mirenge yose igize Akarere hatangijwe ubukangurambaga…
Read more →

Gatsibo: LODA n’abafatanyabikorwa bayo basuye ibikorwaremezo bateye inkunga.

Kuri uyu wa Kabiri, Ubuyobozi bw’Akarere ka Gatsibo bwakiriye itsinda ry’abakozi ba LODA barikumwe n’abafatanyabikorwa bayo baganira ku bufatanye…
Read more →

Gatsibo: Ireme ry’uburezi ryarazamutse bitewe n’iyongerwa ry’ibigo by’amashuri byubatswe.

Iyo utembereye hirya no hino mu Mirenge igize Akarere ka Gatsibo uko ari 14, utugari 69 n’imidugudu 602 usanga amashuri menshi yatumye ireme…
Read more →

Gatsibo: Ibitaro bya Ngarama birimo kwagurwa hubakwa inzu y’ibyariro igezweho.

Kugeza ubu, inzu y’ibariro irimo kubakwa mu bitaro bya Ngarama igeze ku ijanisha rya 85.9 %, bikaba biteganyijwe ko izaba yuzuye mu isozwa ry’umwaka …
Read more →