Kwibuka ku nshuro ya 32 abahoze ari abakozi b'amakomini bazize Jenoside yakorewe abatutsi

Ku biro by’Akarere ka Gatsibo habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 abari abakozi b’Amakomine yahujwe akaba Akarere ka Gatsibo bazize Jenoside…
Read more →

Minisitiri w’Uburinganire n’iterambere ry’umuryango yasabye abaturage gutanga amakuru yaho babonye ihohoterwa mu muryango

Ubwo hizihizwaga umunsi mpuzamahanga w’imiryango,ku rwego rw’Igihugu ukabera mu karere ka Gatsibo umurenge wa Ngarama mu kagari ka Karambi,Minisitiri…

Read more →

Abaturage b’Umurenge wa Kageyo barishimira ibikorwaremezo bagejejweho n’ivuriro rya miliyoni zisaga 11 biyubakiye.

Abaturage b’Akarere ka Gatsibo umurenge wa Kageyo barishimira ibikorwaremezo barimo kugezwaho n’inzego z’ubuyobozi muri uyu mwaka w’ingengo y’imari ya…

Read more →

Urugomero rw’amashanyarazi rwa Gabiro rwitezweho umusaruro ukomeye.

Minisitiri w’Ibikorwaremezo Amb.Claver Gatete yafunguye ku mugaragaro urugomero ruto rwa amashanyarazi i Gabiro mu Karere ka Gatsibo rwa 110KV…

Read more →

Abaturage b’Umudugudu wa Rutenderi bagera kuri 560 bamaze guhabwa umuriro w’amashanyarazi akomoka ku mirasire y’izuba

Abaturage bagera kuri 560 bo mu mudugudu wa Rutenderi akagari ka malimba Umurenge wa kabarore barishimira ko bamaze kubona umuriro w’amashanyarazi…

Read more →

Gatsibo:Kugeza mu kwezi kwa mata 2019,hamaze gukusanwa imisoro ku kigereranyo 103%.

Akarere ka Gatsibo kubufatanye n’inzego zitandukanye zirimo abikorera (PSF) n’abaturage, karishimira ko kugeza mu kwezi kwa mata 2019 kamaze kwesa…

Read more →

Abakozi basabwe gukomeza kugira umusaruro mu byo bakora-Mayor Gasana.

Kuri uyu wa gatatu taliki ya 1 Gicurasi 2019,abakozi b’Akarere ka Gatsibo n’abayobozi babo babyukiye mu kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’umurimo.

Uyu…

Read more →

Abaturage basabwe kujya batanga amakuru kuri ruswa –Depite Nyirarukundo

Abaturage b’Akarere ka Gatsibo Umurenge wa Kiramuruzi akagari ka Nyabisindu basabwe kujya batanga amakuru kuri ruswa aho igaragaye mu rwego rwo…

Read more →

Mu minsi 100 yo kwibuka, Umuryango ibuka uzubakira inzu umubyeyi wita ku rwibutso rwa Jenoside yakorewe abatutsi rwa Bugarura.

Mu rwego rwo gushima ibikorwa bitandukanye abacitse ku icumu rya Jenoside yakorewe abatutsi bakora mu bihe bitandukanye birimo no guhumurizanya ibihe…

Read more →

Kwibuka 25: Hashyinguwe mu cyubahiro imibiri 17 y’abatutsi bishwe mu gihe cya Jenoside 1994.

Ku nshuro ya 25 hibukwa Jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda,buri taliki ya 10 Mata Akarere ka Gatsibo gakora urugendo n’ijoro ryo  kwibuka…

Read more →