Kwibuka ku nshuro ya 32 abahoze ari abakozi b'amakomini bazize Jenoside yakorewe abatutsi

Ku biro by’Akarere ka Gatsibo habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 abari abakozi b’Amakomine yahujwe akaba Akarere ka Gatsibo bazize Jenoside…
Read more →

Gatsibo:Icyumba cy’ikoranabuhanga(smart classroom) gifasha abanyeshuri gukora ubushakashatsi.

Icyumba cy’ikoranabuhanga kizwi nka ’’ smart classroom’’ kimaza kugaragaza umusaruro ku banyeshuri bo mu mashuri yisumbuye mu gukora ubushakashatsi ku…

Read more →

Guhuriza hamwe imbaraga bizatuma ibibazo by’abana bahohoterwa bigirwa amateka

Guhuriza hamwe imbaraga z’inzego zitandukanye zirimo ubuyobozi,abafatanyabikorwa n’inzego z’ubutabera bizatuma ibibazo by’abana bahohoterwa biba…

Read more →

Abaturage barishimira ko Leta yabashumbushije ihene zabo bavuga ko zishwe n’urukingo

Abaturage b’Akagari ka Ndatemwa Umurenge wa Kiziguro baravuga ko bashimishijwe nuko Ubuyobozi bw’Akarere ka Gatsibo bwabashumbushije ihene zabo…

Read more →

Abaturage bari mu kiciro cya 1 cy’ubudehe bagiye kujya bunganirwa mu kubaka ubwiherero bukwiye.

Mu Karere ka Gatsibo mu Murenge wa Rwimbogo mu Kagari ka Nyamatete hakorewe ubukangurambaga ku isuku n'isukura bugamije gukangurira abaturage kubaka…

Read more →

Abagize inteko itora 65 kuri 71 nibo bitabiriye amatora y’abasenateri

Inteko itora igizwe n’Inama Njyanama y’Akarere na biro z’Inama Njyanama z’Imirenge babyukiye mu matora y’abasenateri ku rwego rw’Akarere ka Gatsibo

K…

Read more →

Hagiye gutangizwa ihuriro ry’ubumwe n’ubwiyunge ku mudugudu

Komisiyo y’ubumwe n’ubwiyunge iratangaza ko hagiye gutangizwa ihuriro ry’ubumwe n’ubwiyunge ku rwego rw’umudugudu hagamijwe gukomeza gushimangira…

Read more →

Minisitiri w’Ubuzima yagaragaje ko umuti w’indwara ya Hepatite C wavuze kuri miriyoni 80 ugera ku bihumbi 60Frw

Kuri uyu wa gatatu taliki ya 11 Nzeri 2019 mu Karere ka Gatsibo mu murenge wa Kiramuruzi hatangijwe gahunda yo gusuzuma indwara y'umwijima (Hepatite…

Read more →

Hafashwe ingamba zo kwesa imihigo ya 2019/2020 ku gihe no kubona imibare nyakuri.

Mu bigo bitandukanye byaba ibya leta cyangwa ibyigenga,usanga havugwa ijambo ryitwa ‘’Gutekenika’’ bisobanura ko haba hatanzwe imibare itariyo…

Read more →

Prezida w’umutwe wa Sena yashyikirije umuturage inzu

Prezida w’Umutwe  wa Sena mu nteko ishingamategeko y'uRwanda Bernard Makuza yifatanyije n'Ubuyobozi bw'Akarere ka Gatsibo gutaha ku mugaragaro inzu…

Read more →